URUZINDUKO RW'ABADEPITE BASURA KOPERATIVE

Mukore ibikorwa bidakorwa by’indashyikirwa muri koperative zanyu kugira ngo babone ko hari icyo mwabarushije – Dep Rwigema Kuri uyu wa kabiri taliki 17 Mutarama2012 mu karere ka Muhanga, abadepite bagize komisiyo...[more]
ABADEPITE BASUYE URUGOMERO RWA NYABARONGO RURI KUBAKWA

Mu bagamijwe gukurikirana ibikorwa bya guverinoma ishoramo imari, cyane ku bijyanye n’ingomero zatanzweho amafaranga bikaba byaragaragaye ko hari aho bigenda biguru ntege mu myubakire n’ibindi bijyanye nabyo kuwa gatanu, tariki...[more]
ISUZUMA RY'ISHYIRWAMUBIKORWA RY;IMIHIGO 2012
kuri uyu wa kane tarliki ya 12/01/2012 mu icyumba cy'inama cy'akarere ka MUHANGA habereye igikorwa cyo kurebera hamwe aho ishyirwa mubikorwa ry'imihigo ya 2012 igeze itsinda rigenzura rikaba ryari riyobowe na...[more]
UKWEZI KW'IMIYOBORERE MYIZA KURAKOMEJE
Mu rwego rwo kurangiza ibikorwa biteganyijwe mu kwezi kw’imiyoborere myiza, abagize Komite nyobozi y’Akarere ka Muhanga, MAJ na POLICE bakiriye ibibazo by’abaturage bagize imirenge ya Cyeza, Nyamabuye na Shyogwe, Hakiriwe...[more]

