HARACYABONEKA IMIRIMO IBANGAMIRA UBURERE BW’ABANA KANDI IVUNANYE

Tariki ya 09/05/2012, mu nzu ndangamuco y’Akarere ka muhnga habaye inama ku burenganziraa bw’umwana kuko usanga bakora mu birombe by’amatafari, iby’amategura, imicanga n’ibisimu by’amabuye y’agaciro, kurindishwa imiceri,...[more]
Hibutswe abaguye ku rusengero rwa ADEPR Nyabisindu i Muhanga

ku nshuro ya 18, ababyeyi, abana, inshuti n’abavandimwe bahaguye bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Uwo muhango wabanjirijwe no gushyira indabo ku rwibutso rwa rwa jenoside ruherereye ku Murenge...[more]
MUHANGA INAMA Y’IGIHUGU Y’ABAGORE MU NAMA RUSANGE

Uyu munsi taliki 10 gicurasi 2012 mu nzu y’amahugurwa y’abagore mu Karere ka Muhanga hateraniye kongere y’abagore bo mu Karere ka Muhanga, ifite insanganyamatsiko yo kwita no gukunda umurimo mu guhuza no...[more]
Bafite impungenge za raporo y’abakatiwe TIG basabwa gukora
Ubwo urwego rw’Igihugu rushinzwe Inkiko Gacaca rwasabaga Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’Imirenge n’abandi bakozi gukora raporo igaragaza abantu bakatiwe igihano cya TIG, bagaragaje impungenge z’uko izi raporo zishobora...[more]

