MUHANGA: UMUGANDA RUSANGE USOZA UKWEZI KWA MATA 2026 WIBANZE KU BIKORWA BYO KURWANYA ISURI
Ku itariki ya 25 mata 2026, mu Mirenge yose igize Akarere ka Muhanga habaye umuganda rusange usoza ukwezi kwa Mata 2026, aho abaturage bafatanyije…
MINISITIRI W’UBUZIMA, DR. SABIN NSANZIMANA YAGAYE ABAGANGA BABI BAGIZE URUHARE MURI JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI MU 1994
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yatangaje ko umuganga Igihugu cyifuza atari ushingira gusa ku bumenyi n’ubunyamwuga, ahubwo ari ufite…
Guverineri KAYITESI Alice arasaba urubyiruko kwirinda kuba imbata y’amateka mabi batagizemo uruhare
Ku itariki ya 15 Mata 2026, ku Rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kiyumba, habereye igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe…
RONGI: BIBUTSE KU NSHURO YA 32 JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI MU 1994
Ku wa 12 Mata 2026, kuri Paruwasi Gatolika ya Ntarabana iherereye mu Murenge wa Rongi mu Karere ka Muhanga, habereye igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya…
UMUYOBOZI W’AKARERE YIFATANYIJE N’ABAHINZI BO MU MURENGE WA KIYUMBA GUTERA IMBUTO Y’IBIJUMBA
Umuyobozi w'Akarere Madamu KAYITARE Jacqueline ari kumwe n'inzego z'umutekano bifatanyije n'abahinzi bo mu Kagari ka Ruhina mu Murenge wa Kiyumba mu…
NYARUSANGE: HATANGIRIJWE ICYUMWERU CY’ICYUNAMO N’IMINSI 100 YO KWIBUKA32 JENOSIDE YAKOREWE ABATUTSI.
Ku itariki ya 07 Mata 2026, mu Midugudu yose, abaturage bitabiriye igikorwa cyo gutangiza icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100 yo Kwibukaku nshuro ya 32…
MUHANGA: INTEKO RUSANGE YA JADF YASUZUMYE URUHARE RW’ABAFATANYABIKORWA MU ISHYIRWAMUBIKORWA RYA NST2 NA DDS MU ITERAMBERE RY’AKARERE
Ku itariki ya 19 Werurwe 2026, muri Hotel St André-Kabgayi, habereye inama y’Inteko Rusange y’Ihuriro ry’Abafatanyabikorwa mu Iterambere ry’Akarere,…
MUHANGA: HATANGIJWE ICYUMWERU CY’UBURINGANIRE N’UMURYANGO HAGAMIJWE KUBAKA UMURYANGO UTEKANYE KANDI UTEYE IMBERE
Ku itariki ya 17 Werurwe 2026, mu Mirenge yose igize Akarere habereye inteko z’abaturage zahujwe no gutangiza icyumweru cy’uburinganire n’umuryango…
MU BIRORI BYO KWIZIHIZA UMUNSI MPUZAMAHANGA W’UMUGORE HATANZWE IBIHEMBO KU BAGORE BAKOZE IBIKORWA B’INDASHYIKIRWA
Ku itariki ya 08 Werurwe 2026, hirya no hino mu mirenge habereye ibirori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w'umugore. Insanganyamatsiko y'uyu mwaka…
IKIPE Y’UMURENGE WA CYEZA MU BAGABO N’IKIPE Y’ABAKOBWA Y’UMURENGE WA SHYOGWE NI YO AZAHAGARARIRA AKARERE MU MARUSHANWA UMURENGE KAGAME CUP.
Ku itariki ya 01 Gashyantare 2026 kuri Stade ya Muhanga habereye imikino ya nyuma y’umupira w’amaguru mu marushanwa Umurenge KAGAME Cup2026 ku rwego…