Skip to main content Skip to page footer
A Rwanda Government Website

ISHAMI RY’ITERAMBERE RY’IMIBEREHO MYIZA

Ishami ry’iterambere ry’imibereho myiza( Social Development Unit), ni ishami rishinzwe kwita no kurengera abatishoboye b’ingeri zose mu rwego rwo kubavana mu bukene . Kugira ngo ibi bigerweho iri shami rishinzwe gushyira mu bikorwa zimwe muri Gahunda Leta zashyizeho zo kuvana abaturage mu bukene ( Social protection programs) zikurikira: FARG, VUP, UBUDEHE, GIRINKA

(copy 3)

( Social Development Unit)

 

1 .VUP

  • Kwita ku batishoboye bose bari mu cyiciro cya 1 cy’ubudehe;

    1. Umuryango udafite umuntu ntumwe ushoboye gukora uhabwa inkunga y’ingoboka ( Direct support)
    2. Umuryango ushoboye gukora uhabwa akazi k’imirimo y’amaboko ihemberwa ( Classic public works)
    3. Umuryango ufite birantega ( abana bari munsi y’imyaka 5, abafite ubumuga bukabije) bahabwa akazi k’imirimo y’amaboko yoroheje) E- public works;

    Abatishoboye bashoboye gukora bari mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri bahabwa inguzanyo ziciriritse bishyura ku nyungu nkeya ( 2%) mu gihe cy’imyaka 2.

    Abafashwa bose bemezwa n’Inama Njyanama y’Umurenge hashingiwe ku bushobozi bunahari bwa buri mwaka

3.  UBUDEHE

  • Umushinga rusange umwe w’iterembere ufashwa kubona inkunga
  • Umuntu umwe utishoboye mu mudugudu aterwa inkunga mu mushinga uciriritse ubyara inyungu

4. GIRINKA

  • Gufasha imiryango ishoboye kubona ubwatsi n’ikiraro iri mu cyiciro cya 1 n’icya 2 kubon