Ku itariki ya 08 Werurwe 2026, hirya no hino mu mirenge habereye ibirori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w'umugore. Insanganyamatsiko y'uyu mwaka…
Ku itariki ya 01 Kanama, hirya no hino mu Midugudu yose, abaturage bitabiriye byo kwizihiza umunsi Mukuru w'Umuganura wari ufite insanganyamatsiko…
Ku itariki ya 31 Nyakanga 2025, mu Karere ka Huye habereye inama yo ku rwego rw’Intara yayobowe na Guverineri w’Intara y’Amajyepfo Madamu KAYITESI…
Ku itariki ya 31 Nyakanga 2025, Umuyobozi w’Akarere wungirije ushizwe iterambere ry’ubukungu Bwana BIZIMANA Eric yifatanyije n’abaturage bo mu Murenge…
Abiherewe ububasha na Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Umuyobozi w’Akarere Madamu KAYITARE Jacqueline yakiriye indahiro…
Ku itariki ya 29 Nyakanga, Guverineri w'Intara y'Amajyepfo Madamu KAYITESI Alice ari kumwe n'abagize Inama y'Umutekano itaguye y’Intara y’Amajyepfo…
Ku itariki ya 27 Nyakanga 2025, kuri Sitade ya Muhanga habereye umukino wa gicuti wahuje AS Muhanga n’Ikipe ya Rayon Sport. Amakipe yombi yatangiye…
Ku itariki ya 23 Nyakanga 2025, mu Tugari twose, hatangijwe gahunda yo kwita ku rubyiruko mu biruhuko, ifite insanganyamatsiko igira iti: "Ubuzima…
Mu Murenge wa Shyogwe habereye ibirori byo kwishimira ko imiryango 220 yikuye mu bukene ku bufatanye bw'Akarere n'Umuryango Hope of Family. Ni ibirori…
Ku itariki ya 18 Nyakanga 2025, Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere Bwana NSHIMIYIMANA Gilbert ari kumwe na Komite Nyobozi y’Akarere n’inzego…